AmakuruUrukundo

Umugabo w’umuherwe yakoranyebubukwe bw’akataraboneka n’abakobwa bane icyarimwe

Umugabo w’umuherwe akomeje gutangaza benshi nyuma yo gukora ubukwe n’abakobwa bane icyarimwe mu birori by’akataraboneka.

Amakuru avuga ko uyu mugabo asanzwe ari umuherwe w’umucuruzi wo muri Gabon, witwa Mesmine Abessole uzwi ku kabyiniriro ka Kether De Bonegere,

Mesmine Abessole yakoranye ubukwe n’abagore bane barimo Madeleine Nguema, Prisca Nguema, Nicole Mboungou, Carene na Slyvania Aboghet, bakoze ibirori by’agatangaza byitabiriwe n’abashyitsi benshi.

Gushaka abagore benshi bikunda gukorwa cyane ku mugabane w’Afurika aho ibihugu byinshi bikibifata nk’umuco.

Gusa uyu mukire yashatse guca agahigo ko kubashakira icyarimwe kugirango azandikwe mu gitabo cyitwa “Guiness de Records”, cyandikwamo abantu bakoze udushya.

Kumenyesha

Uramutse ukeneye kumenyekanisha ibikorwa byawe (kwamamaza) cyangwa gutanga itangazo runaka uhawe ikaze kuri Teradignews.rw.
Huhamagara 0780341462 / 0784581663 // Whatsapp 0784581663 / 0789 564 452

Abakoresha imbuga nkoranyambaga ziganjemo urwa Twitter, byumwihariko abo muri Gabon, bagiye bahuriza ku kuvuga ko uyu mugabo yemeye gukora ubukwe n’abagore bane kuberako yari yarananiwe guhitamo umwe kuko bose abakunda.

Abandi bakavuga ko bariya bagore bemeye kubana na we kuberako bari bakurikiye umutungo afite.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger