AmakuruAmakuru ashushye

Polisi y’igihugu irararika abasore n’inkumi bifuza kuyinjiramo-Dore ibisabwa

Ubuyobozi bwa Polisi y’igihugu burararika abasore n’inkumi bifuza kuyijyamo ku rwego rw’abapolisi bato ko kwiyandikisha bigikomeje.

Ni mu itangazo Polisi y’igihugu yashyize ku rubuga rwayo.

Muri iri tangazo ryashyizweho umukono na CP John Bosco Kabera, Polisi y’igihugu iramenyesha abifuza kuyijyamo ko kwiyandikisha byamaze gutangira, bikaba bizarangira ku wa 12 Gicurasi 2019.

Ibyo abifuza kujya muri Polisi y’u Rwanda basabwa.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger