AmakuruUrukundo

Mugabo, dore uburyo bwiza 5 wateramo akabariro ugasenderaza ibyishimo umukunzi wawe

Niba ushaka gusendereza ibyishimo umukunzi wawe mu gihe cyo gutera akabariro, hano twakugaragarije uburyo 5 wakoresha ubundi ibyishino bikaba byinshi mu gitanda urugo rukarushaho gukomera.

Urebye ahanini ingo zo muri ibi bihe zisigaye zisenywa nuko umugore yaciye inyuma umugabo we ngo agiye gushaka umukorera imibonano mpuzabitsina akishima,ari nayo mpamvu nabahitiyemo kubazanira bumwe mu buryo ushobora gukoresha mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina maze umugore wawe akishima,mbsese akanyurwa.

Kuko birazwi neza ko ingo ziki gihe zirara zishya bitewe nuko umugabo atazi gukora imibonano mpuzabitsina maze umugore akaryoherwa,ubwo nawe akazajya ahitamo kujya kwishakira abapfubuzi,bityo ubu buryo ngiye kubabwira ntabwo buasaba ngo ufite ingufu,oya ubu ni uburyo buri mugabo wese yakoresha uko yaba angina kose maze umugore akishima.

1.Ubu buryo burasaba ngo umugore aryame hasi agaramye maze umugabo nawe amupfukame hagati y’amaguru nuko umugore afate amaguru ye ayashyire ku matako y’umuhungu,umugore narangiza aze noneho akwinjiremo neza,ubu buryo buzatuma umugore aryoherwa ndetse n’umugabo yumve ko afite umugore neza nawe bimutere ku ryoherwa.

Ndetse bizongera bifashe n’igitsina cy’umugabo kwinjira neza cyose mu gitsina cy’umugore ku buryo kizaba kisanzuye mu gukora ibyo umugabo ashaka mu gitsina cy’umugore.

2.Ubu buryo bwo busaba ko umugore aryama ku buriri yubitse inda ariko akibuka kuzamura ikibuno ho gatoya ndetse anatandaraze ho gato,ubwo umugabo nawe icyo azakora azapfukama maze yinjize igitsina cye mu cy’umugore bitamugoye.

Ubu buryo buzatuma umugore aryoherwa ndetse atanavunika kuko imibiri iba yegeranye cyane,ubu buryo kandi waba ufite n’igitsina gito bugeregeza gutuma ushimisha umugore wawe.

3.Ubu buryo bwo noneho busaba ko umugore yunama ku gitanda,ubwo n’ukuvuga ngo agashinga amavi ku gitanda inkokora akaba arizo afatisha hasi umutwe nawo akawushyira hasi maze ikibuno kikajya inyuma,icyo gihe n’igitsina cy’umugore kizaba cyaje inyuma.

Ubwo umugabo nawe icyo azakora nta kindi ni uguturuka inyuma maze agasa nusutarara maze akinjizamo igitsina cye mu cy’umugore,ubu buryo buzafasha umugabo kwinjiza igitsina cye mu cy’umugore uko abyifuza bimufashe no kuruhura umutwe we yewe n’umugore azaryoherwa byiza kuko uzaba uri gukora mu mpande zose z’igitsina.

4.Ubu buryo bwo nubwo budakundwa gukorwa n’abantu ariko ni bwiza,ubu buryo bwo busaba ko umugore n’umugabo bahagarara maze umugore akazamura akaguru ke akagashira ku kibuno cy’umugabo ubwo umugabo nawe agahita agafata maze akagatanyura.

Umugabo nawe icyo agoma gukora nta kindi ni uguhita yinjira hagati y’abibero by’umugore ubundi agahita shyira igitsina cye aho cyabugenewe,ubu buryo buzabafasha mwembi gukora imibonano mpuzabitsina murebana amaso ku maso maze mubone n’uburyo musangira uburyohe yewe n’umugabo bizamufasha ku kwinjira mu mugore neza umubiri ku mubiri.

5.Ubu buryo bwo ni bwiza cyane,busaba ko umugabo aryama agaramye maze umugore nawe akaza akamupfukama hejuru maze akinjiza igitsina cy’umugabo mu cye,ubwo umugabo maze bagatangira akazi.
Umugabo agomba kuzajya akaoresha igice cye cyo hasi ndetse n’umugore azamuka buri uko umugabo amuzamuye nawe akiyoroshya,ndetse byagera na hagati umugabo akarekera noneho ibintu byose umugore akaba ariwe ubyikorera,ndetse umugore akazajya anyuzamo akanyonga ikibuno kugira ngo igitsina cy’umugabo gikore mu mpande zose z’igitsina cy’umugore.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger