Amakuru ashushyeImyidagaduro

Mu mafoto 50 reba uko byari byifashe mu gitaramo cya PGGSS cyabereye i Rubavu

Ku wa gatandatu tariki ya 30 Kamena 2018, ibitaramo bya Primus Guma Guma Super Star byari byakomereje i Rubavu, iki gitaramo cyitabiriwe n’ingeri zitandukanye aho hari n’abari bavuye i Kigali kugirango bihere ijisho abahanzi uko baritwara.

Iki gitaramo cyabereye kuri Sitade ya Nengo hafi neza neza y’ikiyaga cya Kivu hakaba hegereye kuri Tamu Tamu aho abantu benshi bakunze gusohokera, aha hakaba hari huzuye umubare w’abantu benshi cyane biganjemo abanya Kigali, Ibyamamare binyuranye, ndetse n’abanyamahanga.

Bamwe mu bitabiriye iki gitaramo bagaragaje gufana bikomeye ni abanyamakuru bakorera Kiss FM , bari bahari ariko bigaragaje ubwo bafanaga umuhanzi Uncle Austine banakorana akaba ari no muri iri rushanwa.

Abanyamakuru Antoinette Niyongira na Sandrine Isheja ni bamwe mu bari bitabiriye igitaramo cya Primus Guma Guma Super Star cyabereye i Rubavu. Sandrine Isheja Butera we ngo ni ubwa mbere yari yitabiriye ibi bitaramo ariko ngo yararyohewe cyane ku buryo bumvaga bari guhita bataha Uncle Austine amaze kuririmba ariko bararyohewe bisanga barebye abahanzi bose.

Amafoto ……

Itsinda ry’abanyamakuru ba Kiss FM bari bahari
Sandrine Isheja Butera na Antoinette
Umunyamakuru David Bayingana na Bad Rama manager wa Safi, Queen Cha na Marina
Meddy Saleh wambaye umupira w’ubururu
Umunyamakuru Antoinette ngo yararyohewe cyane
Uncle Austine ni uko yari yambaye
Abafana bo bari bahari ku bwinshi
Bruce Melody ati : twanyweye twasinze

Queen Cha ku rubyiniro arangwa n’abasore n’inkumi bamufasha kubyina
Cristopher na Bruce Melody bararyana isataburenge
Inkweto Christopher yari yambaye

Aka gafoto ni keza uze kukanyoherereza!!!!

Abo kuri Kiss FM bari baryohewe

Khalfan yiswe mafiyeri wa Guma Guma Super Star
Yiyita umwami wa Hip Hop mu Rwanda

Young Grace ni uko yari yambaye
Abo mu muryango we wari baje kumufana
Uwo ni musaza we
Lion Manzi, Tonzi na Aimable bagize akanama nkemurampaka

Just family
Umunyamakuru Ashanti

Aba nibo batangaga icyo kunwa ngo abantu bamanure akavumbi

Umuyobozi wa MTN mu Rwanda
MC
Itsinda Active

Jay C
Uyu amenyerewe muri ndirimbo zitandukanye
Ababishoboye bafataga amafoto
MC buryohe

Mico The Best

Icyo kunwa cyari gihari
Abagize akanama nkemurampaka nibo bazakiranura aba bahanzi
MC Tino yari ahari
Imyambarire ya Khalfan yatangaje benshi

Uyu niwe wasimbuye MC Anita Pendo muri ibi bitaramo
Sandrine Isheja ngo ni ubwa mbere yari yitabiriye ibitaramo bya PGGSS

Twitter
WhatsApp
FbMessenger