AmakuruImyidagaduro

Miss Mutesi Jolly yahishuye urukundo rukomeye akunda The Ben

Miss Mutesi Jolly wabaye Miss rwanda wa 2016, yakomoje ku bahanzi akunda mu muziki Nyarwanda, yemeza ko akunda bikomeye Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben.

Miss Mutesi Jolly ubwo yari yatumiwe ku Isobo Tv mu kiganiro Sunday Choice Live yabajijwe ku byerekeye umuziki ndetse n’umuhanzi yaba akunda.

Miss Mitesi Jolly yagize ati “Nubwo iby’umuziki ntabizi cyane, ndi umufana wa The Ben ndetse yakoze indirimbo nziza”.

Ibi kandi byaje bikurikira ko The Ben afite indirimbo irimo kuvugisha benshi yise Why yakoranye na Diamond Platnumz ikaba ikomeje kuyobora intonde zitandukanye z’indirimbo muri Afurika y’uburasirazuba. Miss Rwanda wa 2016 Mutesi Jolly yigeze kwandika kuri Instagram ye ko akunda imyandikire ya Bull Dog.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger