Mu mashusho

Itangazamakuru ryo muri Afurika rikwiye kwibanda ku byiza bihakorerwa.

 

Ni kenshi usanga ibitangazzamakuru byo muri afurika biha umwanya munini amakuru agaragaza iterambere n’ikoranabuhanga byo mu bihugu byo hanze ya afurika, ndetse ukaba wacyeka ko Afrika yo ubwa yo nta bikorwa by’iterambere bihakorerwa, igihe kirageze ko itangazamakuru rya Afurika rigaragaza ibyiza bitabarika uyu mugabane umaze kugera ho. 

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger