IbitekerezoUtuntu Nutundi

Dore uburyo abasore bakoresha iyo bashaka kubenga umukobwa bakundanaga

Dore uburyo abasore bakoresha iyo bashaka kubenga umukobwa bakundanaga

Kuri ubu usigaye usanga abasore bifuza kubenga abakobwa bakundana kubera bimwe mu bintu byabakuruye ,aho kuri ubu bimwe mu bintu bikurura abasore harimo abakobwa bafite uburanga n’amafaranga bigatuma bashaka kwiharira abasore.

1.Ndatekereza ko uri nka mushiki wanjye( igisobanuro-ntunshimishije)

2.Ndacyari umwana(igisobanuro-urangana na mama)

3.Singukunda muri ubwo buryo(igisobanuro-uri igikobwa kibi-kitagira agasura, nagira isoni turi kumwe)

4.Nta gahunda ndafata(igisobanuro-mfite inshuti nyinshi z’abakobwa)

5.Mfite indi nshuti y’umukobwa(igisobanuro-byaruta kwibana nakenera umukobwa nkikinisha aho kugira ngo umbere inshuti)

6.Sinjya nganira n’abakobwa aho nkorera/niga(igisobanuro-singushaka)

7.Amakosa si ayawe ni ayanjye(igisobanuro-amakosa ni ayawe)

8.Ndacyakomeye ku kazi kanjye/amashuri yanjye(igisobanuro-nubwo ibindi ndimo bitanshimishije, birakuruta)

9. Ntabwo nzashaka(igisobanuro-ntabwo nashakana n’umukobwa nkawe)

10.Tube inshuti gusa(igisobanuro-niba witeguye kujya ku murongo wa nyuma!)

Twitter
WhatsApp
FbMessenger