Utuntu Nutundi

Dore ibintu 4 wakora niba ukunda gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro ukongera kuba urwembe

Abagabo bamwe na bamwe bahura n’ikibazo cyo gucika intege vuba mu gihe cyo gutera akabariro, ibi bikaba zimwe mu ntandaro zo gutuma umugore amuca inyuma cyangwa se no gutandukana bikazamukira aho.

Ntakintu kibbaza nko kuba uri umuhungu ariko mu bijyanye no gufata umurego kw’igitsina ari intambara, iki kikaba ari nacyo kintu cy’ibanze gikunda gusenya ingo z’abashakanye, aho umugore ntacyo adakorera umugabo we ariko kugira ngo igitsina cye kizafate umurego bikaba ari intambara.

Hari n’igihe ugira gifashe umurego ariko watangira gutera akabariro umugore ageze hahandi aryoherwa igitsina cyawe cyikaba cyiraguye,cyangwa ugahita urangiza,bityo hano n’abazaniye zimwe mu nama ushobora gukurikiza neza hanyuma ntutenguhe umugore wawe.



Uburyo twabazaniye ni 4 bushobora gutuma ugira umurava mu gutera akabariro:

1.Gabanya ibisindisha

Niba ushaka ko igitsina cyawe kizajya gifata umurego mu buryo bworoheje ndetse no kuzajya ugira umurava mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina gabanya ibisindisha unywa, bityo menya ko inzoga nyinshi Atari nziza kuri wowe.

2.Jya unywa amazi menshi

Amazi agufasha kugira uburyaryate mu mubiri wawe,Bityo menya ko kunywa amazi menshi bituma igitsina cyawe gikora neza yewe ukagira n’uruhu runyerera ku buryo ugukozeho wese bihita byirukira mu bwonko ,ubwonko nabwo bukohereza ku gitsina cyawe niba hari ikidasanzwe kigiye kuba.

3.Rya ibiribwa bifite intungamubiri

Niba ushaka ko igitsina cyawe gikora neza ndetse ntu kajye unarangiza vuba mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina ndya ibiribwa bikungahaye ku ntunga mubiri.

4.Imyitozo Ngorora gingo

Imyitozo ngororagingo ituma amaraso atembera neza mu mubiri ndetse ituma n’intanga ziyongera,bityo niba ushaka ko igitsina cyawe kizajya gifata umurego byoroheje,ushaka kongera amasohoro ndetse no kuba umunyamurava mu gutera akabariro jya ukora imyitozo Ngororagingo izabigufashamo byose.

Twitter
WhatsApp
FbMessenger