AmakuruImyidagaduro

Ariel Wayz yamamaje indirimbo ye nshya yifashishije amabere ye abafana nabo bamwakizanya urugwiro rw’ibitutsi(Amafoto)

Ariel Wayz yamamaje indirimbo ye nshya yifashishije amabere ye abafana nabo bamwakizanya urugwiro rw’ibitutsi(Amafoto)

Ariel Wayz yongeye kwibasirwa bikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira ifoto hanze igaragaza amabere ye yose , byiyongera ku kubyo yari yarakoze ubwo yashyiraga hanze ibere rikitwa ko ari irya Bigogwe.

Uyu muhanzikazi yabikoze nyuma y’integuza ye ya EP nshya yise ‘Love and Lust’, ifite umwihariko kuko uyu mukobwa ni ubwambere agiye gushyira hanze indirimbo esheshatu zigasohokera rimwe ndetse zikaba zimaze kuvugisha abatari bake bitewe n’uburyo uyu mukobwa yambayemo.

Mu mafoto yifashishije yamamaza yi EP Ariel Wayz Mu bigaragara usibye utuntu yapfundikije imitemere y’amabere ye n’utundi yateranyije akatwambara hasi ntakindi kintu ymabaye ndetse ibindi bice by’umubiri bye biragaraga usibye amaguru kuko biragaragara ko yari ari mu mazi.

Muri aya mafoto kandi yagaragajeho abayitunganyije ndetse yifashisha amagambo yitiriye iyi EP twagenekereje mu kinyarwanda aho bivuze ko ari Urukundo n’irari akaba ari nayo yitiriye uyu muzingo muto w’indirimbo esheshatu agiye gusohora.

Ariel Wayz ari kumwe na Juno Kizigenza aherutse kugaragara yafunguye ibipesu by’ishati yari yambaye maze bamufotora rigaragara ku buryo bamwe bakekaga ko byamucitse abandi batangira kuryita irya Bigogwe bitewe n’uburyo ryanganagamo.

Gusa nubwo bimeze gutyo ibi byose uyu mukoba yabikoraga ari gucuruza kuko yaba ibdirimbo Away ndetse na Birenze yakoranye asomana na Juno Kizigenza zamaze kuzuza miliyoni z’abamaze kuzireba.

Inkuru yabanje

Igare ryabonye umunyonzi! Mico The Best yambitse impeta ikizungerezi bitegura kurushinga (Amafoto)

Indi nkuru kuri Ariel Wayz

Umuraperi Papa Cyangwe na Ariel Wayz bari mu maboko ya polisi

Twitter
WhatsApp
FbMessenger