AmakuruImyidagaduroPolitiki

Amafoto agaragaza ubuzima bushaririye Bobi Wine uhangayikishije Museveni yaciyemo

Mu mezi abiri shize, Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yaramamaye cyane, nyuma y’ihangana n’igitutu akomeje gushyira kuri Yoweri Museveni uyobora igihugu cya Uganda.

Uyu mugabo kuri ubu ufite imyaka 36, yarushijeho kwamamara hirya no hino ku isi kubera iyicarubozo yakorewe n’inzego z’umutekano za Uganda ryanatumye amahanga ahaguruka.

Muri aya mafoto, twageregeje gusubiza amaso inyuma tubazanira Bobi Wine kuva muri za bibiri kugeza magingo aya.

Aha ni mu ntangiriro za 2000 ubwo Bobi Wine uri ibumoso yatangiraga umuziki.
Aha ni muri za 2005 ubwo Bobi Wine yari kumwe na Chameleone cyo kimwe na Bebe Cool.
Bobi Wine azwiho kuba yarakundaga gutumura agasigara.
Aha ijisho ryari ryarahiye.
Bobi Wine ari kumwe na Julianna Kanyomozi mu myaka 20 ishize.
Bobi Wine ari kumwe na Barbie ku munsi wa Graduation ye.
Bobi Wine ari kumwe na Buchaman.
Aha Bobi Wine yarimo akongeza isigara.
Amasomo yari yarafashwe ariko amadirede aca ibintu.
Nk’undi murasta wese.
Mu buzima biba ngombwa ko umuntu akenera umukunzi.
Urukundo nirwogere.
Hagati aho kwishimana n’abafana byo bigomba guhoraho.
Aha ni muri 2011 ubwo Bobi yari yashyingiranwe na Barbie Kyagulanyi.
Aha ibihe byari byarabaye byiza.
Bobi Wine n’umuryango we barya isi.
Urukundo kwa Bobi ba Barbie rwo ntaho ruzajya.
Aha yari yaramaze [Bobi Wine] kwinjira muri politiki.
Ngayo nguko…
Aha yageragezaga gucika Polisi i Kampala.
Aha yari mu maboko ya Polisi mu minsi ishize.
Bobi ari muri bake bazi uko inkoni y’umusirikare iryoha.
Aha yari yasuye ishuri yizeho kera.
Aha yari yasuye abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Uganda.
Aha yiteguraga kugaruka muri Uganda avuye USA.
Rimwe na rimwe gukina PlayStation biruhura mu mutwe.

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger