AmakuruAmakuru ashushye

Abifuza kwinjira mu gipolisi cy’u Rwanda bashyiriweho amahirwe

Ubuyobozi bwa polisi y’u Rwanda bwamaze gutangaza ko bwafunguye amarembo ku bifuza kwinjira mu gipolisi haba ku rwego rw’aba ofisiye ndetse n’abapolisi bato.

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, rihamagarira urubyiruko kwiyandikisha, riragaragaza ko iki gikorwa kigomba guhita gitangira kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Nzeli 2021 , kugeza kuya 5 Ugushyingo 2021 buri munsi.

Abifuza kwiyandikisha bagomba kuba bujuje ibisabwa byose, nk’uko byagaragajwe mu itangazo ryashyizwe hanze na polisi y’u Rwanda haba kuba ofisiye ndetse n’abapolisi bato.

Soma Neza ibikubiye mu itangazo witonze:

 

Twitter
WhatsApp
FbMessenger