AmakuruAmakuru ashushye

Abifuza kuba ba Ofisiye muri RDF n’Inkeragutabara bahawe rugari

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyatangaje ko cyenda gutangira kwandika abifuza kucyinjiramo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse no mu mutwe w’Inkeragutabara (Reserve Force).

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda mu itangazo yanyujije kuri Twitter, yavuze ko abifuzwa ari abafite imyaka y’amavuko iri hagati ya 18 na 21 barangije amashuri yisumbuye ku rwego rwa ofisiye n’abafite hagati y’imyaka 18 na 25 ku bashaka kwinjira mu mutwe w’Inkeragutabara.

Kwiyandikisha bizatangira kuva tariki ya 3 kugeza ku ya 10 Mutarama 2022.

Ibisabwa ku bakeneye kwinjira muri RDF

Twitter
WhatsApp
FbMessenger