AmakuruPolitiki

Abatuye Uganda bemerewe kujya mu bihugu 68 nta VISA basabwe.

Abaturage ba Uganda bemerewe kujya mu bihugu 68 batabanje gusabwa uruhusa rwihariye rubemerera kubyinjiramo bita “VISA”

Ibihugu bya Africa AbaTUYE Uganda bemerewe kwinjiramo nta Visa ni : Benin, Botswana, Burundi, Eritrea, Eswatini (Yahoze yitwa Swaziland), Gambia, Kenya, Lesotho, Malawi, Mauritius, Rwanda, Tanzania, Zambia na Zimbabwe.

Hanze ya Africa, hari Antigua & Barbuda, Bahamas, Barbados, Belize na Dominica. Ibindi bihugu ni St Vincent, Grenadines, Vanuatu, St Kitts & Nevis, Jamaica, Granada, Fiji na Micronesia.

Hari andi n’ibindi bihugu mu bice binyuranye by’isi, ibyo ni: Singapore, Philippines, Malaysia, Indonesia na Hong Kong mu Bushinwa.

Hari ibindi bihugu byemerera abafite Passport y’Ingande guhabwa visa bakibigeramo, ariko bigashyirah igihe ntarengwa umuntu abasha kubimaramo, mbere yo kuzasubirayo. Ibyo ni Malaysia, Philippines na Singapore, Zimbabwe, Zambia na Tanzania.

Hari kandi Cap VertComoros, Ethiopia, Djibouti, Gabon, Guinea Bissau, Madagascar, Mauritania, Mozambique, Senegal, Somalia, South Sudan, Senegal, naTogo.

Hakaba nanone Bolivia, Cambodia, Cuba, Iran, Laos, Macao, Maldives, Myanmar (Burma), Nepal, Nicaragua, Palau, Qatar, St Lucia, Samoa, Timor-Leste na Tuvalu.

Uruhusa rwihariye rwemerera abaturage kwinjira mu bindi bihugu
Twitter
WhatsApp
FbMessenger